Munyansanga Chryso @MunyansangaChr
Football Rwanda Joined November 2016-
Tweets5K
-
Followers2K
-
Following3K
-
Likes6K
Nta n'uwabimenya rwose.Yaba se azanye iki?Ari uwuhe se?
Nta n'uwabimenya rwose.Yaba se azanye iki?Ari uwuhe se?
Uri uwacu natwe turi abawe hakiyamungu
Uri uwacu natwe turi abawe hakiyamungu
Byari ngombwa gutsinda
Byari ngombwa gutsinda
Ukaba wiyicariye mu rugo wirebera match iryoshye @reg_rwanda ikaba igukupiye umuriro wenyine kandi mu baturanyi haka.Iki kibazo kiri @Nduba_Sector hano Gasanze muzagicyemura ryari ko bimaze kurambirana?Ubu turarara gutya?
Ubundi Umuryango tugomba kuwugeza ku bato bacu bose.
Ubundi Umuryango tugomba kuwugeza ku bato bacu bose.
Do you remember when you joined X? I do! #MyXAnniversary
Ibyo kuvuga ngo “iyo ushaka kugira icyo uhisha umunyafrica ugishyira mu gitabo” cyangwa ngo abanyarwanda ntidusoma… BIGIYE GUHINDUKA kuko twiyemeje gusoma no kubikundisha ABANA bacu! Muzaze muri #WikendiNaTota dusomere hamwe na bo, tubigire umuco! Ni ku wa gatandatu…
Uyumunsi Intore z'inkomeza bigwi zo mu murenge wa @Nduba_Sector bahawe Ikiganiro k'Intambwe y'intore idasobanya n'ikiganiro ku mateka y'intore n'umuco w'ubutore hanareberwa hamwe Icyateza Imbere Urubyiruko @jnabdallah @Gasabo_District @CityofKigali
Mwriwe.@reg_rwanda mudufashe @Nduba_Sector Gasanze tubone umuriro.Weekend itabiha
@Nduba_Sector abaturage baturutse mu Tugari twose tugize Umurenge, bahuriye hamwe bakora Sport yaranzwe n'imyitozo ngororamubiri no gupimwa indwara zitandura harimo n'umuvuduko w'Amaraso. Abitabiriye bahawe ubutumwa n'Umunyamabanga Nshingwabikorwa w'Umurenge wa Nduba @PudenceR
Mu rwego rwo kurushaho gutegura igihembwe cy'ihinga 2024A ku bufatanye @RwandaAgriBoard abajyanama b'ubuhinzi bahawe amahugurwa ku buhinzi bugezweho bw'ibigori n'uko Abaturage biyandikisha muri Nkunganire. Bahawe na Telefoni zizajya zibafasha gukurikirana ibikorwa by'Ubuhinzi
Inkuru iryoshye peee!!!Uze kureba kuri watsap yajye birasa
Inkuru iryoshye peee!!!Uze kureba kuri watsap yajye birasa
Aka kanya twakiriye Itsinda riturutse muri SENA y'u Rwanda riyobowe na Hon.Senateri Uwera Pelagie visi perezida wa komisiyo ya Politike n'imiyeborere baje kuganira n'Abayobozi n'abaturage harebwa uko inzego z'imitegekere y'igihugu zegerejwe abaturage zikemura ibibazo by'abaturage
Abanyamuryango ba RPF-Inkotanyi bahuriye ku kicaro gikuru cy’Umuryango mu nama y'ubukangurambaga igamije kurebera hamwe uburyo bwo kunoza no guhuza imikorere muri serivise zitangwa n’inzego z’ibanze.
Abanyamuryango ba RPF-Inkotanyi bahuriye ku kicaro gikuru cy’Umuryango mu nama y'ubukangurambaga igamije kurebera hamwe uburyo bwo kunoza no guhuza imikorere muri serivise zitangwa n’inzego z’ibanze.
Ibirori byo #Kwobohora29 muri @Nduba_Sector byizihirijwe mu Midugudu yose birangwa no gutaha ibikorwa byakozwe kubufatanye n'Abaturage. Ku rwego rw'Umurenge ibirori byizihirijwe @Musezero_Vill/Muremure_Cell Twifatanije n'Umuyobozi w'Agateganyo w'Imirimo rusange @Gasabo_District
Kwibuka ni igihango ntitwabireka.Mwakoze @mutesi_lydie nabo mufatanya kwacyira abantu ku Rwibutso rwa Kigali,kutuganiriza ku mateka ya #Genocide yakorewe abatutsi.
Ibyishimo byari byose kubanyamuryango nyuma yo kuganira; kungura ibitekerezo, gufata ingamba zo kwihutisha ibitaragerwaho mu cyerecyezo 2017-2024 . Abanyamuryango kandi bakanguriwe kwita ku isuku; kwitabira gahunda ya Ejo Heza no gutanga ubwisungane mu kwivuza (MUSA 2023-2024)